Ibi yabivuze ubwo hatangazwaga imibare ijyanye n’uko umusaruro mbumbe w'umwaka wa 2024 wari uhagaze. Murangwa Yusuf ari kumwe ...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko icyemezo cya Leta ya Repubulika Iharanira ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Perezida Kagame yemereye Ubwenegihugu bw'u Rwanda, umuhanga mu kuvanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi ku izina rya Dj Ira. Kuri iki Cyumweru, ubwo yari mu basaga 8000 bitabiriye gahunda yo ...
Perezida Paul Kagame yihanangirije u Bubiligi bukomeje guhuruza amahanga ngo afatire u Rwanda ibihano, bukaba bwaragaragaje ko bwifatanyije na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu mugambi ...
Umubiligi Duarte Marivoet ukinira Team UAE yegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2025 ka Rusizi-Huye kareshya n’ibilometero 144, akoresheje 4h05'01". Nyuma y’agace kakinwe kuri uyu wa Gatanu, ...
Abayobozi b’Ibigo nderabuzima mu Ntara y'Amajyepfo, basabye Ikigo cy'igihugu cy'ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB kujya cyishyurira babyeyi bitegura kubyara bagana ibigo nderabuzima, bashyirwa muri ...
Umunya-Australia Brady Gilmore ukinira Israel - Premier Tech yegukanye Agace ka Kabiri ka #TdRwanda2025 ka Kigali-Musanze, kakiniwe ku ntera y'ibilometero 112.8, akoresheje 3h00'39''. Umufaransa ...
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n'Umunyamakuru wifashisha urubuga rwa X, Mario Nawfal, yagarutse ku nzira asanga zakemura ibibazo by’umutekano muke mu Karere, ku ikoreshwa ry’inkunga ihabwa ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Kuri uyu wa Mbere inzego z'umutekano z'u Rwanda zirimo Ingabo na Polisi, zatangiye ibikorwa bigamije iterambere n'imibereho myiza y'abaturage muri uyu mwaka wa 2025. Mu Mujyi wa Kigali izi nzego ...